Muri gahunda yo kwegereza abanyarwanda bose ubutabazi bw’ibanze, Croix Rouge y’u Rwanda yateguye amahugurwa rusange. Amahugurwa azaba ku wa gatandatu tariki ya 8/12/2018, guhera isaa mbiri za mu gitondo, azamara umunsi umwe.
Ushobora kwiyandikisha ukanze AHA
Iyandikishe mbere ya tariki 6 Ukuboza 2018 Ku bindi bisobanuro mwahamagara +250 785 478 158 cyangwa mukohereza ubutumwa kuri efa@rwandaredcross.org