Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango buramenyesha abantu bose bashaka akazi ko hari imyanya y’akazi ikurikira iri ku isoko:

a) Imyanya izakorwaho gusa n’abasanzwe ari abakozi bakorera mu Bitaro n’Ibigo Nderabuzima byo mu Karere ka Ruhango, bakorera ku masezerano bahembwa n’Ibigo bakorera cyangwa bahembwa ku ngengo y’imari ya Leta :

b) Imyanya izakorwaho n’ababyifuza bose

Imyanya y’abakozi bagengwa n’amasezerano bahembwa n’imishinga

Abifuza gusaba akazi ku myanya yavuzwe haruguru basabwe kunyura ku rubuga rwa Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (www.mifotra.gov.rw) (E-Recruitment )) guhera tariki ya 02/10/2019.

Bikorewe mu Ruhango, kuwa 30/09/2019

Reba iri tangazo ryose ukanze aha >> https://www.ruhango.gov.rw/fileadmin/templates/Amatangazo/Itangazo_ry_Akazi_02.10.2019.PDF

Please Share to