Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke buramenyesha abantu bole babyifuza kandi babifitiye ubushobozi ko bushaka gutanga akazi ku mukozi ugengwa n’amasezerano uzakorera kuri Centre maison des Jeunes y’Akarere (Under Contractual Staff):

Umwanya : Accountant

Ibisabwa

  • Kuba ari umunyarwanda
  • Kuba afite impamyabushobozi ya A0 in Finance or Accounting

Umubare w’imyanya :1

 

Abifuza gupiganira uyu mwanya basabwe kwihutira kuzuza ifishi isabirwaho akazi
(application form) iboneka ku rubuga rwa Komisiyo Ishinzwe Abakozi ba Leta
wvvw.psc.gov.rw cyangwa mu biro by’umukozi ushinzwe imicungire y’abakozi mu Karere.

Dosiye zisaba akazi kuri uyu mwanya zigizwe n’ ifishi isabirwaho akazi yujuje neza, iherekejwe na fotokopi ya diplome isabwa na fotokopi y’indangamuntu, bigomba kuba byagejejwe mu bunyamabanga rusange bw’Akarere ka Nyamasheke, bitarenze tariki ya 12/03/2020 saa kumi n’imwe z’umugoroba.

Icyitonderwa: Abafite diplome zo mu mahanga basabwe gushyiraho fotokopi ya equivalence ya diplome zabo, itangwa na High Education Council

Reba iri tangazo ukanze aha https://nyamasheke.gov.rw/fileadmin/user_upload/_temp_/0ITANGAZO_MAISON.PDF

Please Share to